Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

NI RYARI NSHOBORA KUJYA KWA MUGANGA KUBERA IBIBAZO BY'IGITSINA




Itegereze umubiri wawe. Nubona hari ibihinduka ku byerekeranye n'igitsina cyawe, hita wihutira kujya kwa muganga. Hari ubwo waba ufite akabazo gato kakavurwa vuba cyangwa ikibazo kinini kitabwa ho bigishoboka. Ushobora guhita wihutira kujya kwa muganga igihe ubonye ibi bikurikira:

-Ukimara gufatwa ku ngufu:Umenya uko usigaye uhagaze.

-Amazi ava mu gituba afashe,afite irindi bara cyangwa impumuro bitandukanye n'ibyo wari umenyereye.

-Kubyimba cyangwa uduheri ku gitsina

-Gutukura kudasanzwe ku mwinjiriro w'igituba,uburyaryate cyagwa kuribwa bibabaje

-Ibibyimba ku ibere,amashereka asa nabi,kuribwa cyangwa imihindukire y'umuzenguruko w'imoko

-Kumva uribwa mu kiziba cy'inda bitandukanye n'ubundi buribwe busanzwe nko kutagubwa neza n'ifunguro.

-Guhindura igihe ugira mu mugongo hashize nibura umwaka bidahinduka.

-Kujya kwa muganga hakiri kare bishobora gutuma uhagarika indwara zishobora kukugirira nabi cyane.

TAGS:igituba,amabere,amashereka,indwara,ibere

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya