Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Ushobora Gutunga Imbwa Musa

imbwa
Muri iyi minsi imbuga za net zikomeje kwiyongera ku isi kandi zikaba zifite na gahunda zitandukanye ku buryo hari n’iziza ari udushya.

Haherutse gushyirwaho urubuga rwa interineti ruzabafasha abantu kujya bashakisha imbwa basa na zo. Si ugushakisha iyo mbwa musa gusa kuko bizatuma ushobora no kuyitunga iwawe ikakubera inshuti.

Uru rubuga rwashinzwe n’ikigo NEC cyo muri Nouvelle Zélande aho cyubatse porogaramu cyangwa Logiciel ibasha kumenya amahuriro y’isura runaka y’imbwa n’umuntu usa n'iyo Nyakabwana. Iyi porogaramu ifite ubushobozi bwo kureba buri gace k’ifoto y’umuntu n’iy’imbwa bikazafasha abantu kubona imbwa basa na zo.

Abakoze urwo rubuga bavugako kubona imbwa mufite agasura kameze kimwe n'akawe ari ibintu by’ingirakamaro kabone n’ubwo utaba usanzwe ushimishwa na Nyagasega. Abashaka imbwa basa nababwira iki musure urubuga rwa Doggelganger maze mwibonere imbwa musa na zo.

Iyi nkuru tuyikesha Urubuga rwa Murandasi rwa Zigonet.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya