Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

ifi yari yivuganye Shakira, musaza we arahagoboka

Shakira mu kiruhuko Umuhanzikazi Shakira yabashije kurusimbuka ubwo yatakwaga n’igifi kinini ku nkombe y’inyanja aho yarari mukiruhuko mu mugi wa capetown.

Ibi shakira akaba yabitangaje kuri facebook ye ati:« muri uyu mugoroba,nari nicaye ndikwitegereza udufi duto n’inyoni byo mu mazi, nyuma nzakumanuka gato nitaza abandi twarikumwe negera ibibuye bihari,nyuma, igifi kinini kirasimbuka vuba mbona kirasamye gisakuza gishaka kumira, njye n’abo twarikumwe twasakuje cyane ariko njye narinatashywe n’ubwoba kuburyo ntavagahondi, musaza wanjye super Tony yahise ansimbukira arantabara.ariko twese tukaba twakomerekejwe n’utubuye ubwo twahungaga.»

Uyu muhanzikazi ukomoka muri Colombia nyuma y’ibi byago akabayahise ashyira amafoto kuri facebook:
ibikomere yagize

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya