Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Uburyo bwo Kwambara neza mu kazi

kwambara mu kazi
Ni byiza ko twambara neza mu kazi kuko bitanga isura nziza kuri twe ndetse no ku bakiriya batugana.

Hari amoko menshi yo kwambara ariko uyu munsi turarebera hamwe imyambarire y’abakobwa cyangwa abagore mu biro. Sibyiza kwambara imyenda ibangamira bagenzi bawe mukorana, akenshi ku bakobwa cyangwa se ku bagore hari imyambaro myinshi bambara itajyanye na gato n’akazi ko mu biro.

Ku bagore cyangwa se abakobwa ubundi basabwa kwambara imyenda myiza kandi yiyubashye urugero : Ijipo itari ngufi cyane, ishati y’amaboko maremare cyagwa magufi, ipantaro y’itisi(tissus) cyangwa y’ipamba (coton), ikanzu itari ngufi kandi itarangaye cyane hejuru hayo mu gihe yaba irangaye ugashyiraho ikoti bijyanye, cositime(costume) y’ipantalo n’ijipo aho biba ari akarusho.

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya