Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Umuhanzi Kirusu Thomas

Kirusu Thomas afite imyaka 78. Umusaza Kirusu Thomas avuga ko akunda umuco w’ igihugu kandi akavuga ko agerageza kubyigisha abakiri bato. Yizera Hitimana nkuriyumwami sendiragora munyampororo muvunyi. Yavukiye I Kiruri mu mudugudu wa Gahoko.

Mbikomora kuri sogokuru nkuriyumwami aho batuye bahahawe n’ umwami rwogera, mu nanga y’ ibiseke byakomotse ku makoro y’ ibwami aho yageraga akoranyijwe n’abatware bakabiha ababijyana ariko bakabijyana baherekejwe n’abarasanyi kuko rimwe na rimwe byagwaga mu bambuzi.

Umuco wo kubaha muzehe kirusu avuga ko abanyarwanda bo hambere bubahaga ndetse n’ abanda bubahaga ababyeyi ndetse. Umwana yubahaga ababyeyi ndetse akabikurikiza kugeza kugeza akuze. Gusaba abageni byakorwag n’ I wabo umukobwa nawe agakurikiza uko nyina yitwaraga ndettse agahanwa mu guhe agiye gushaka.

Nta mwan a wataga umuhanano w’ ababyeyi. Guhakwa umwana yakurikizaga uko se yakawaga ndetse ubuhake bukaba ishuri. Kriusu ntiyacurangiye kuko yari akiri umwana yajyanye nab a sebuja bigatuma yigiraho gukurira mu buhake. Ngo uko yubahaga ba sebuja niko yavanagakubaha umwami .

Amaze imyaka 60 acuranga inanga. Avuga ko indahiro zo hambere arizo zibumbatiye umuco kandi badateze kuba umuzungu kuko n’abanyamahanga baza mu Rwanda bashaka . urubyiruruko rugomba kumenya no gukunda umuco nyarwanda. Birababaje kubona umwana ategera se ngo amuhe inyigisho. Abana barangariye mu mafaranga akazabikenera ahandi kandi yari afite uwagombaga kubimwigisha. Ikimbo cy’impanuro n’ umurage ahashyira amafaranga. Ababikora ni bake.


Abakurikira umurage ni abageze mu mashuri . abandi bafashe ururimi rw’ ikinyarwanda
Sophia nzayisenga afite imyaka 30 yatangiye gucuranga inanga muri 86 afite abana batatu. Abikomora mu muryango kwa se no kwa nyina, sekuru wa nyina mushabizi viyani , semabanani andere bo kwa nyina. Akurikiza ubwubahane kuko.
Inganzwa : mu muco wa kinyarwanda bari bazi ko umugabo ari umutware ntavugirwemo. Umuore nawe akaba umutima w’ uurgo umugore warengaga inshingano yitwaga inshege ingare. Ni aho indirimbo yaturutse.
Hagombye kuba ubwumvikane ubwumvikane hagati y’abashakanye iyo bitabayeho nibwo haboneka ubugare.

Nkwashi itarumikwa, kera bavugaga uburagaza mburugu byitwaga nkwashi bituma ajya guhimba nkwashi itarumikwa ayita nkwashi itarumikwa.
Ndagirango nkundishe abanyarwanda igikoresho cy’ inanga. Ni kiza kuko hari abatekereza ko inanga zisacurangwamo indirimbo z’ imana . umunsi umwe nahuye n’abantiu barambaza ngo icyoo ni igiki ufite bati mwise izina rya Yesu. Nakoze ubushakashatsi bwo guhuza ibicurangisho cyosi. Nasanze inanga ni igikkoresho nk’ ikindi. Si je mudamu wa nbere ucuranze inanga kuko na gicuratiro na nyirayuhi bacurangaga.

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya