http://ngwinourebe.topstories24.com
Umukobwa witwa Laveda umwe mu bahagarariye igihugu cya Tanzaniya mu marushanwa ya Big Brother yagaragaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane yikinishiriza ku buriri bwa Idris , umusore baturuka mu gihugu kimwe.
Ubwo bari bavuye mu gitaramo, Laveda yasize bagenzi be mu cyumba cyo hasi aho bari bari kwiyakirira, arazamuka ajya ku buriri bwa Idris akuramo imyenda atangira kwikinisha imbere ya bagenzi be bake bari bari mu cyumba cyo hejuru.
Laveda umwe mu bahagarariye igihugu cya Tanzaniya
Idris yavugaga ko ibyo Laveda ari gukora ari agasuzuguro kandi ko ari kwangiza isura y’igihugu cyabo cya Tanzaniya.
Laveda ari ku rutonde rw’abashobora gutaha muri iki cyumweru nk’uko urutonde rwa Big Brother rubigaragaza. Abanyarwanda bo nta n’umwe ugaragara kuri urwo rutonde rw’abagomba gutaha.
Tubibutse ko gutora Frankie cyangwa Arthur bahagarariye u Rwanda ushobora kohereza ubutumwa wanditse ijmabo ’Vote’ ugakurikizaho izina ry’uwo utoye ukohereza kuri 1616.
Sem comentários:
Enviar um comentário