Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Museveni agiye kongera kwiyamamariza kuyobora Uganda

Umuvugizi w'ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda NRM, Rogers Mulindwa yatangarije ibiro ntaramakuru Reuters ko Perezida Museveni yamaze "gufata inyandiko zo guhagararira iri shyaka" mu matora biteganyijwe ko azaba mu kwa kabiri 2021. Ushobora kuzahangana bikomeye nawe ku ruhande rutavuga rumwe n'ubutegetsi ni umudepite Robert Kyagulanyi, uzwi cyane nka Bobi Wine kubera muzika, ubu ufite imyaka

from Urwego News https://ift.tt/3hkeJBY
via http://www.urwego.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya