Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Perezida Kagame, umwe mu bayobozi ba mbere basabana n'ababakurikira kuri Twitter

Ibi byagaragajwe mu bushakashatsi bwa nyuma bwakozwe bwarebaga uko Abayobozi b’Ibihugu na Guverinoma ku Isi bakoresha itumanaho muri iki gihe cya Coronavirus. Bwagaragaje ko urukuta rwa Twitter rwa Perezida Kagame rufite ibiganiro birenga 74%  na tweets 2,125. Perezida Kagame, Minisitiri w’Intebe wa Norway witwa Erna Solberg na Perezida Felix Tshisekedi wa Repuburika ya Demokarasi ya Congo

from Urwego News https://ift.tt/3hrKAk5
via http://www.urwego.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya