Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Tom Byabagamba yarezwe icyaha cy'ubujura

Muri iki gitondo, Tom Byabagamba yagejejwe ku rukiko rw'ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali mu modoka ya gisirikare irinzwe cyane, byari byitezwe ko atangira kuburanishwa ku byaha bishya aherutse kuregwa n'igisirikare cy'u Rwanda. Bwa mbere, uyu mugabo wahoze akuriye abashinzwe umutekano wa Perezida Paul Kagame, yagaragaye yambaye imyambaro y'imfungwa za gisirikare mu Rwanda. Aboneka nk'ufite

from Urwego News https://ift.tt/3fOGnGP
via http://www.urwego.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya