Umukobwa w’imyaka 18, uvuka mu Kagari ka Murama, mu Murenge wa Bweramana wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko nyuma y’ibyumweru bitatu n’igice atangiye gukora akazi ko mu rugo mu Mujyi wa Kigali yaje gusagarirwa n’umusore baturanye amufata ku ngufu amusanze ari gukoropa. Uyu mukobwa umaze igihe gito atangiye gukora akazi ko mu rugo, mu Mudugudu wa Kokobe mu Kagari ka Nyakabanda
from Urwego News https://ift.tt/3jezKjm
via http://www.urwego.com
Shakisha kuri ino site
pa
Ubuhamya: Uko umukozi wo mu rugo yafashwe ku ngufu n'umuturanyi arimo gukoropa
Subscrever:
Enviar feedback (Atom)
Sem comentários:
Enviar um comentário