Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Ubuhamya: Uko umukozi wo mu rugo yafashwe ku ngufu n'umuturanyi arimo gukoropa

Umukobwa w’imyaka 18, uvuka mu Kagari ka Murama, mu Murenge wa Bweramana wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko nyuma y’ibyumweru bitatu n’igice atangiye gukora akazi ko mu rugo mu Mujyi wa Kigali yaje gusagarirwa n’umusore baturanye amufata ku ngufu amusanze ari gukoropa. Uyu mukobwa umaze igihe gito atangiye gukora akazi ko mu rugo, mu Mudugudu wa Kokobe mu Kagari ka Nyakabanda

from Urwego News https://ift.tt/3jezKjm
via http://www.urwego.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya