Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

European Union-Covid-19: Urutonde rushya, u Rwanda mu bihugu bitatu gusa bya Africa nibo bemerewe kujya iburayi

Ku rutonde rushya, umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) wavanye Algeria mu bihugu abaturage babyo bemerewe kujya mu bihugu bigize uwo muryango muri iki gihe cy’icyorezo cya coronavirus. U #Rwanda rwagumyehoUbu ibihugu bya Afurika bisigaye kuri uru rutonde ni bitatu gusa.Mu minsi ishize, abanduye coronavirus bongeye kwiyongera cyane muri Algeria, ubu bose hamwe bamaze kurenga 29,000 nk’uko bivugwa

from Urwego News https://ift.tt/2PlDD8g
via http://www.urwego.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya