Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Igitera amabara ku ruhu


Amabara y’umukara ku ruhu ni ikibazo abantu benshi bakunze kugira. Akenshi aya mabara akunze kuza iyo umuntu atangiye gukura (middle age), cyangwa agaterwa no kujya ku zuba cyane ndetse n’imiti itandukanye irimo imisemburo (hormones).
Impamvu ni nyinshi dore ibyo wasuzuma kugira ngo umenye niba ataribyo bigutera ibibazo ku ruhu.

1. Unywa amazi ahagije ku munsi [litiro 1,5 ]?

2. Urya ibintu bingana iki birimo isukari nka chocolat? niba ari byinshi si byiza?

3. Hari abafuruta [Alergie] ku mata y’inka

4. Ese iyo umeshe imyenda uyunyuguza neza?

5. Haba hari imiti ufata irimo Imisemburo?

6. Ibiryo by’amavuta menshi n’ubunyobwa bwinshi.

7. Kutita ku ruhu rwawe neza

8. Kurwara ibiheri (acne).

9. Kuba mu muryango wawe harimo abarwara ibiheri

10. Hari abagira amabara kubera gutwita

11. Abarwaye umwijima

Hari amavuta cyangwa ibindi bint byo gusiga ku ruhu bifunga utwenge two ku mubiri biba banditseho (“comedogenic). Ni byiza gusoma ibintu bigize amavuta ugahitamo ibifitemo amazi cyangwa bikozwe hifashishijwe amazi (“water-based”) nibyo biba byiza ku bantu bagira ibiheri (acne).

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya