Umusaza w’imyaka 85 y’amavuko Michael Larkin w’umwenjeniyeri wo mugihugu cy’ubwongereza aherutse kugira impanuka ari munzu iwe dore ko aba wenyi nta mwana agira umugore we y’itabye imana hashize imyaka 25 , agwa mu bwogero (baignoire) amara iminsi itanu yose nta wuramwegura nta muriro , nta nicyo kurya abona ndetse nta n’urumuri.
Iyi mpanuka akaba yarayikoze ubwo yaravuye guhaha ageze murugo , agashaka koga ati ''sinigeze na natabaza kuko narinziko ntamuntu uri bunyumve gusa numva ndibuvemo kuko nizera Imana. Nagize Imana kuko naguye nkyambaye ikoti ryanje nari gupfiramo kubera imbeho.
Uyu musaza rero akaba yaraje gutabarwa na boss wakabi ko mugace atuyemo kuko yamaze iminsi atamubona akohereza umuntu ngo ajye ku kurebera uko umukiriya we ameze?
Uyu musaza w’umunyamahirwe umura iminsi itanu yose aryamye mu bwogero nta muriro n'ukuntu muri biriya bihugu hakonje muri no minsi ubu ari mubitaro aho arimo kwitabwaho ku bikomere yagize mu mutwe no mu mugongo
Sem comentários:
Enviar um comentário