![]() |
| Elizabeth Raine |
Elizabeth wiga muri kaminuza y’ubuganga akaba amaze ibyumweru bigera kuri bitanu akoze iki gikorwa kidakorwa n’aburi wese, gusa abikora ntiyigeza agaragaza isura ye none ubu yiyerekanye wese .
Uyu mukobwa magingo aya akaba afite ubwoba ko ashobora kwirukanwa aho yiga ,mugihe abayobozi be babimenya, gusa avuga ko biriya yabikoze atagamije uburaya kuko yigishijwe bihagije ububi cyane bw’uburaya, ko ahubwo yaragamije kwerekana ko ushobora kugira iriya myaka ukiri isugi.
Avuga ko kandi mubyatumye yigaragaza, ko ari kugirango abamukunze babona ubusugi bwe barusheho kumukunda babona n’isura. Elizabeth Raine akaba yiga mu bijyanye n’ibinyabuzima akaba yarakuriye muri Arabia Saudite kuko papa we ariho yari afite akazi ,gusa nyuma baje kugaruka ku mugabane w’Amerika.
Source:Howwe.biz

Sem comentários:
Enviar um comentário