Mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika haravugwa inkuru y’ umugore n’umugabo: Trevor Merril na Echo Nielsen bose bafite imyaka 28 y’amavuko baherutse guhitana umwana wabo w’umuhungu wari ufite mezi atatu ubwo bari baryamye bakaza kubyigana basinziriye biza kuviramo uyu umwana kubura umwuka, bikamuviramo kwitaba Imana.
si ubwambere ibi bibayekuri uyu muryango, kuko n’ubundi baheruka guhitana undi mwana wabo w’umukobwa w’imfura wari ufite imyaka 3 y’amavuko muri ubu buryo.ikibabaje no ni uko uru rupfu rw’uyu mwana ruje nyuma y’aho umubyeyi wuyu mwana yihanangirijwe na muganga kutongera kurarana n’umwana ngo kuko byazamuviramo ibindi byago.
Nyuma yo guhitana umwana wabo wambere w’imyaka itatu,aba babyeyi bajyanywe imbere y’urukiko bashinjwa urupfu rwuwo mwana wabo, nyumaUrukiko rwaje gufata umwanzuro wo kubarekura nyuma y’aho muganga atangaje ko byatewe n’ibiro bike uyu mwana yari afite.ubu noneho hategerejwe imyanzuro y’ urukiko kuri iri subira cyaha.
Sem comentários:
Enviar um comentário