Uyu ni umukobwa ukomoka mu gihugu cy’ubwongereza Hazel jones w’imyaka 27 wiyemerera ko afite ibitsina bibiri. Ibi yaje kubyemera nyuma yuko abwiwe yuko azahabwa akayabo ka miliyoni ya madorari kugirango akinishwe muri filimi.
akaba yarabisezeranyijwe na Steven Hirsch, umuyobozi wa VIVID Entertainment, Kikaba ar’ikigo kiri muri amerika gishinzwe gutunganya amashusho y’urukozasoni ( Film pornographic). Uyu mukobwa akaba yaremeye ko bafotora ibyo bice by’umubiri we kugirango bizagaragare muri kamwe mu duce(scenes) twa filimi yose.
Nkuko igitangazamakuru the daily mail kibitangaza mu kiganiro steven yagiranye n’uyu mukobwa yamwumvishaga ukuntu ari mwiza ko agomba kugaragara muri iyo filimi agahinduka icyamamare(star), yanamwemereye kumwishyurira itike(tickets) z’urugendo zose n’icumbi byose byiyongera ku gihembo cya miliyoni ya madorari.
Hazel Jones yatunguwe n’akayabo k’amafaranga agiye kubona ntiyita k’umubiri we agiye gushyira hanze yemera ubufatanye. Ibi bikaba byaramaganiwe kure na benshi ku mbuga za interineti (internet) ariko ntibyamubujije kumenyekana ku isi hose ntibizanabuza filimi gushyirwa ahagaragara I los angeles muri leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Sem comentários:
Enviar um comentário