Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

Padiri Luigi Mariaa Don Luigi Verzé w’imyaka 91 araregwa ubujura

padiri w umujura
Padiri Luigi Mariaa Don Luigi Verzé bahimbaga” Don manager” ukomoka mu Butariyani ubusanzwe wari ukuriye umuryango witwa San Raffaele wo mubutariyane arerangwa kuba yaramaze imyaka myinshi anyereza amafaranga leta yagenera ibitaro bya San Raffaele biri u mujyi wa Milan.

Ayo mafaranga arenga miliyari n’igice yama Euro, akaba yarayakoresha mu bikorwa bye ku giti cye by’ubucuruzi , ubuhinzi aho yarafite imirima y’imizabibu muri Brezile, amahoteli atemewe na mategeko mu birwa bya Sardaigne byo mu butariyane, akaba yaraniyubakiye inzu nziza cyane zimwe bakunda kwita villa mu gihugu cya Brezile agura n’indeyege ye yo kugendamo ya miliyoni makumyabiri zama Euro .

Ibi byose akaba yarabikoraga y’ihishe inyuma ya kiliziya gatorika, yaje gutahurwa nyuma yaho yeguriye ku buyozi bukuru by’umuryango wa San Raffaele, ubutariyane bukaba buvuga ko ari umwe mu bantu bateje igihombo kinini guverinoma

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya