Njye mfite ikibazo ngirango nisangije kuko mu bahungu barenga bane bose tumaze gukundana kandi turyamana nta numwe ubikora ngo numve ageze aho nifuza, naho nashakiye umugabo ntabwo ageza aho numva nezerewe.
Ubu sinzi icyo nakora kuko ngiye kuzahurwa n’abagabo kuko iyo ntekereje umugabo mba numva ngiye guta umwanya kuko turabikora nkumva ameze nk’urimo gukoza inyuma kandi mbishaka.
Ngerageza no kumufata mu mugongo nkamukurura ariko nkumva ntageramo neza, ndifuza ko mungira inama y’icyo nakora kuko niba ntarwaye ubanza ari abagabo bafite ubugabo bugufi nahuye nabo.
Ese koko naba nkeneye umugabo ufite igitsina kinini ? ese nibura umugabo ufite igitsina kinini kigomba kuba kireshya gite? Mumfashe kuko nanjye nkeneye kuryoherwa nk’abandi bagore di!
Ahanini izi nama ziba zireba abashakanye, kuko nk’urubyiruko rutarashaka nta gihe rudakangurirwa kwirinda ubusambanyi kuko rukuramo ingaruka nyinshi nko gutwara inda rudashoboye kurera, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina
Shakisha kuri ino site
pa
Nshobora kuba nkeneye umugabo ufite igitsina kinini, uwanjye ntampaza
Subscrever:
Enviar feedback (Atom)
4 comentários:
Humura uzamubona abagabo turahari
Gana muganga azagufasha
Njye ndahari kandi ndiyizeye uzaze nkuryohereze, uzanyandikire lieu ndagcallixte@gmail.com
Thanks
Enviar um comentário