Bang Media

Shakisha kuri ino site

pa

America ihangayikishijwe n'amahanga ashaka kwivanga mu matora yayo

Itangazo ryasohowe n'ukuriye urwego rw'Amerika rwo kuburizamo ubutasi bw'amahanga rivuga ko ibihugu by'amahanga birimo kwifashisha "ingamba zihishe n'izigaragarira ijisho" zo kugena ko abatora batora uwo ibyo bihugu bishaka. America ihangayikishijwe n'amahanga ashaka kwivanga my matora yayo William Evanina, ukuriye urwo rwego, yavuze ko Ubushinwa budashaka ko Perezida Donald Trump yongera

from Urwego News https://ift.tt/2XGABQE
via http://www.urwego.com

Related Posts by Categories



Sem comentários:

Enviar um comentário

 

BANG Quotes

Top News

Urwenya